Inkuru ziheruka

Moses Moshions ashobora kuba yagarutse

Moses Moshions ashobora kuba yagarutse

Umuhangamideli washinze Moshions Turahirwa Moses yagarutse mu Rwanda.
Mu masaha macye ashize ni bwo hatangiye gucicikana amashusho agaragaraza Turahirwa Moses aho yari ageze ku kibuga cy..

Rurageretse hagati ya Rayvanny na Wasafi

Rurageretse hagati ya Rayvanny na Wasafi

Inzu ifasha abahanzi mu by’umuziki Wasafi ya Diamond Platnumz, yahanishije Rayvanny gutanga miliyoni 50 z’amashilingi (Miliyoni 22 z’amafaranga y’u Rwanda) nyuma yo kuririmba mu gitaramo cya..

Huye: Umugabo ariyemerera gukubita isuka mu mutwe umugore we amuziza kumwita imbwa

Huye: Umugabo ariyemerera gukubita isuka mu mutwe umugore we amuziza kumwita imbwa

Umugabo wo mu Murenge wa Gishamvu mu Karere ka Huye, akurikiranyweho icyaha cyo gushaka kwica umugore we amukubise isuka mu mutwe amuziza kuba yari yamututse ko ari imbwa ngo ko ntacyo azima..

Abaturage bazindukiye mu myigaragambyo bamagana itegeko ribuza gusambana utarashyingirwa

Abaturage bazindukiye mu myigaragambyo bamagana itegeko ribuza gusambana utarashyingirwa

Abaturage bo muri Indonesia bazindukiye mu myigaragambyo yamagana ‘itegeko’ ribuza gusambana utarashyingirwa

MU RWANDA: UMUBYIBUHO UKABIJE UKOMEJE KWESA INGOGO

MU RWANDA: UMUBYIBUHO UKABIJE UKOMEJE KWESA INGOGO

Umubyibuho ukabije ukomeje kuba ikibazo kingutu mu rwanda, aho ubu habarirwa amagana yabantu babyibushye cyane birenze urugero, ibintu bitamenyerewe ino. gusa ingamba nazo zikaba zikomeje gu..

Emma Claudine  na Alain Mukurarinda bahawe Imyanya n’Inama y’Abaminisitiri

Emma Claudine na Alain Mukurarinda bahawe Imyanya n’Inama y’Abaminisitiri

Emma Claudine Ntirenganya wamamaye mu itangazamakuru na Alain MUKURARINDA wahoze ari umushinzacyaha n'Umuvugizi w'ubushinzacyaha bahawe imyanya n’Inama y''Abaminisitiri

Ubutabera bw’u Bufaransa bwagize Koffi Olomidé umwere ku byaha byo gufata ku ngufu ababyinnyi be bane

Ubutabera bw’u Bufaransa bwagize Koffi Olomidé umwere ku byaha byo gufata ku ngufu ababyinnyi be bane

Umuririmbyi Antoine Christophe Agbepa Mumba wamenyekanye nka Koffi Olomidé, ukomoka Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagizwe umwere ku byaha yashinjwaga byo gufata ku ngufu abakobwa ..

Rocky entertainment yemeje ko yamaze gutandukana na PAPA Cyangwe

Rocky entertainment yemeje ko yamaze gutandukana na PAPA Cyangwe

Rocky wamenyekanye mu gasobanuye, akaaba umuyobozi mukuru wa Label ya Rocky Entertainment yafashaga Papa Cyangwe mu bikorwa bye bya muzika yatangaje ko imikoranire ye n’uyu muhanzi yagaritsw..

Theo Bosebabireba yemeye ko amaze kubyara abana 4 hanze biyongera kuri 7 afitanye n'umugore w'isezerano

Theo Bosebabireba yemeye ko amaze kubyara abana 4 hanze biyongera kuri 7 afitanye n'umugore w'isezerano

Uwiringiyimana Théogène wamamaye cyane mu ndirimbo zo guhimbaza Imana nka Bosebabireba, nyuma y’igihe asa nk’uwabuze mu muziki yagarutse atanga ubuhamya bukomeye bw’ubuzima amaze igihe anyur..

Umuhazi Jay Polly ashobora kuba yazize inzoga z'inkorano

Umuhazi Jay Polly ashobora kuba yazize inzoga z'inkorano

Yaririmbye “Ndacyariho ndahumeka” ubwo yari mu ntangiro za muzika ye. Gusa ubu umuhanzi Tuyishime Joshwa wamamaye nka Jay Polly ntakiri mu mwuka w’abazima aho yamaze kwitaba Imana azize ubur..

Bane barimo David Bayingana mu byamamare byafashwe mu barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19

Bane barimo David Bayingana mu byamamare byafashwe mu barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19

Umunyamakuru wa B&B FM akaba n’umushyushyarugamba, Bayingana David ari mu byamamare byafatiwe i Rubavu barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus.

K8 , King James, ShaddyBoo n’abandi batawe muri yombi bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

K8 , King James, ShaddyBoo n’abandi batawe muri yombi bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

Umuhanzi mu njyana ya Rap, Muhire William wamamaye nka K8 Kavuyo n’umwe mu byamamare byatawe muri yombi bafatiwe mu karere ka Rutsiro bari kumwe na King James ndetse na ShaddyBoo. Uyu murape..

Kwerekana ibindi