Inkuru ziheruka
Kwerekana ibindi
Are you 18 years old or above?
Umuhangamideli washinze Moshions Turahirwa Moses yagarutse mu Rwanda.
Mu masaha macye ashize ni bwo hatangiye gucicikana amashusho agaragaraza Turahirwa Moses aho yari ageze ku kibuga cy..
Inzu ifasha abahanzi mu by’umuziki Wasafi ya Diamond Platnumz, yahanishije Rayvanny gutanga miliyoni 50 z’amashilingi (Miliyoni 22 z’amafaranga y’u Rwanda) nyuma yo kuririmba mu gitaramo cya..
Umugabo wo mu Murenge wa Gishamvu mu Karere ka Huye, akurikiranyweho icyaha cyo gushaka kwica umugore we amukubise isuka mu mutwe amuziza kuba yari yamututse ko ari imbwa ngo ko ntacyo azima..
Abaturage bo muri Indonesia bazindukiye mu myigaragambyo yamagana ‘itegeko’ ribuza gusambana utarashyingirwa
Umubyibuho ukabije ukomeje kuba ikibazo kingutu mu rwanda, aho ubu habarirwa amagana yabantu babyibushye cyane birenze urugero, ibintu bitamenyerewe ino. gusa ingamba nazo zikaba zikomeje gu..
Emma Claudine Ntirenganya wamamaye mu itangazamakuru na Alain MUKURARINDA wahoze ari umushinzacyaha n'Umuvugizi w'ubushinzacyaha bahawe imyanya n’Inama y''Abaminisitiri
Umuririmbyi Antoine Christophe Agbepa Mumba wamenyekanye nka Koffi Olomidé, ukomoka Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagizwe umwere ku byaha yashinjwaga byo gufata ku ngufu abakobwa ..
Rocky wamenyekanye mu gasobanuye, akaaba umuyobozi mukuru wa Label ya Rocky Entertainment yafashaga Papa Cyangwe mu bikorwa bye bya muzika yatangaje ko imikoranire ye n’uyu muhanzi yagaritsw..
Uwiringiyimana Théogène wamamaye cyane mu ndirimbo zo guhimbaza Imana nka Bosebabireba, nyuma y’igihe asa nk’uwabuze mu muziki yagarutse atanga ubuhamya bukomeye bw’ubuzima amaze igihe anyur..
Yaririmbye “Ndacyariho ndahumeka” ubwo yari mu ntangiro za muzika ye. Gusa ubu umuhanzi Tuyishime Joshwa wamamaye nka Jay Polly ntakiri mu mwuka w’abazima aho yamaze kwitaba Imana azize ubur..
Umunyamakuru wa B&B FM akaba n’umushyushyarugamba, Bayingana David ari mu byamamare byafatiwe i Rubavu barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus.
Umuhanzi mu njyana ya Rap, Muhire William wamamaye nka K8 Kavuyo n’umwe mu byamamare byatawe muri yombi bafatiwe mu karere ka Rutsiro bari kumwe na King James ndetse na ShaddyBoo. Uyu murape..